Uyu mukobwa ukomoka mu gihugu cy’u Bwongereza, yamaze aya masaha 24 ari kuryamana n’abagabo bagera ku 101 bari batanze ubusabe bwabo bifuza ko bazahura nawe, nyuma y’uko babanje no gusuzumwa ngo barebe niba nta ndwara bafite bashobora kumwanduza, bagasanga ari bazima.
Icyakora aba bagabo bose ntabwo bigeze baryamanira mu cyumba kimwe, kuko yari yabanje gukodesha ibyumba bibiri byose yabiteguyemo camera ziza gufata amashusho kugira ngo bizamubere urwibutso ndetse n’igihamya cy’uko ibyo avuga atabeshya.
Uyu mukobwa kandi yari yatanze amabwiriza y’uko umugabo wese bazaryamana, agomba kwemera gukoresha agakingirizo ndetse niko byaje kugenda kuko buri mugabo wese baryamanye muri abo 101 yagakoresheje.
Uyu mukobwa aganira n’itangazamakuru, yavuze ko byari ibintu bitoroshye na gato kuko ari ubwa mbere yari aryamanye n’abagabo benshi mu gihe gito, ariko nawe yatunguwe no kubona nta kibazo yagize.
Icyakora yavuze ko yabonye byatwaye igihe kirekire kuruta uko yabitekerezaga, ahamya ko aka ari akazi k’abakobwa bafite umutima ukomeye.
Ati “Byafashe igihe kirekire kuruta uko nabitekerezaga. Ubwo nageraga ku bagabo 40, nta nubwo bari kimwe cya kabiri…Ibi ntabwo ari iby’abakobwa b’abanyantege nke; mvugishije ukuri ntabwo byari byoroshye rwose.”
Yavuze iyi ari intangiriro imugeza ku ntego yihaye yo guca agahigo ko kuryamana n’abagabo 1000 mu masaha 24 gusa, mu rwego kugira ngo muri Mutarama 2025 azakureho agahigo gafitwe n’Umunyamerikakazi witwa ‘Lisa Sparks’ wabashije kuryamana n’abagabo 919 mu mwaka wa 2004.
Lily Phillips, yaryamanye n'abagabo 101 mu masaha 24
Lisa Sparks usanzwe afite agahigo ko kuryamana n'abagabo 919 mu mwaka wa 2004
