Ibyo bigaragara mu mashusho akomeje gukwirakwira kuri interineti, yerekanye umubare munini w’abagabo bo muri ako gace nta maboko bafite, ibyo bikaba byatunguye benshi ku mbuga nkoranyambaga bavuga ko biteye isoni n’ubwo kuba ingaragu ubuziraherezo na cyo ari igisebo.
Byongeye kandi, nk’uko bamwe muri abo bagabo babivuga, ng guha amaboko umugore w’ejo hazaza biramushimisha kandi akizera ko akunzwe by’ukuri.
Uretse kuba abo bantu baba baraciwe amaboko, basa nkaho ari ibintu bamenyereye kuko benshi muribo bakomeza imirimo yabo ya buri munsi nko gushushanya, gucuranga piyano n'ibindi.
