Abaraperi babiri bakomoka muri Amerika Lil Wayne na Post Malone, barashinjwa kubeshya Leta binyuze mu mushinga wabo wo kwigisha urubyiruko kureka gukoresha ibiyobyabwenge.
Lil Wayne araregwa uburiganya
Guverinoma muri icyo gihugu ibinyujije mu ishyirahamwe rya Business Insider yagurije Wayne na Malone amafaranga miliyoni 9 z’amadolari kugira ngo umushinga ugende neza, ariko kugeza ubu nta n’akanunu kuri ubwo bukangurambg bherewe amafaranga.
Malone na Wayne bafashe inguzanyo mu gihe cy’icyorezo Corona Virus, ni ukuvuga mu mwaka wa 2019, none ngo bamaze kuregwa na Business Insider kubera uburiganya.
Post Malone na we araregwa kuriganya leta
Amakuru avuga ko uru rubanza biteganyijwe ko tuzatangira kuburanishwa mu minsi mike iri imbere n’ubwo nta tariki nyirizina yatangajwe.