Uyu muhanzi avuga ko yatangiye kuririmba mu 2014. Ariko mu 2018 yagiye kwiga umuziki mu ishuri rya “Rwanda Creative Arts and Music” riri I Muhanga mu ntara y’amajyepfo.
Mu kiganiro kigufi yagiranye na The choice live yavuze ko igitekerezo cyo gukora indirimbo Pata yagikuye ku nshuti ye. Ati:”Hari umujama wanjye wahoraga ambwira ko afite umukunzi batazatandukana, bazaba nk’urugi n’ipata”.
Reba hano Pata ya Kristu Sano
