Yatanze ubwo buhamya mu kiganiro impuguke ku ndwara zitandura zatanzemo inyigisho mu birori byateguwe n’ikigo cyo kwigisha abaturage ibijyanye n’izi ndwara, i Dar es Salaam.
Professor Jay yatanze ubuhamya ku ndwara y'impyiko
Tubibutse ko Professor Jay yamaze umwaka umwe n’amezi atatu ari indembe abantu batazi icyo arwaye, gusa nyuma aza kubihishura abinyujije mu ndirimbo ye “Siku 462” yakoranye Walter Chilambo, avuga ko icyo gihe cyose yari arwaye impyiko.
Ni ubuhamya yatangiye mu kiganiro cyari cyateguwe n'impuguke ku ndwara zitandura
