Gaga Umutoni ufite indirimbo nshya yise’’Body’’ asobanura ko umuntu akwiriye kubaho uko ashaka nta mpamvu runaka zo kwitaho.
Reba hano ikiganiro twagiranye
Mu kiganiro twagiranye yasobanuye ko abasore badakwiriye gukangisha imibiri yakoze sport (six packs) kuko birangira babikuyemo uburwayi.
Gaga Mutoni yigeze kunanuka abamubonye bakamwita umwana. Ati:’’Ubu ndabyibushye ariko usanga abantu batanyurwa , jye nzarushaho kwirira byose ni kimwe’’.
Reba hano indirimbo ye