Nkuko byari byakomeje kuvugwa ko Antonio Conte ariwe ugomba gusimbura Nuno Espírito Santo wari watandukanye na Tottenham Hotspur, Ejo nibwo Antonio Conte yageze I Londre kugirango aganire na Daniel Lavy uhagarariye Tottenham Hotspur.
Ubu yamaze kuba umutoza wayo akaba yasinye imyaka 2 atoza iyi kipe kuva nonaha kugeza mu mpeshyi ya 2023.
Byemejwe na Tottenham Hotspur.
Antonio Conte yahawe ikaze na Tottenham Hotspur (Tottenham Hotspur Instagram photo)