Habaye inama idasanzwe y’abarozi n’abapfumu maze berekana ibyo barushana-Amafoto

Habaye inama idasanzwe y’abarozi n’abapfumu maze berekana ibyo barushana-Amafoto

 Feb 25, 2022 - 15:59

Muri Congo (RDC) haherutse kubera umuhango wo kwiyerekana no kwerekana icyo umurozi arusha bagenzi be maze bitungura benshi.

Iyi nama idasanzwe yahuje abakoresha imbaraga z’umwijima bose barimo abapfumu,abarozi n’abakonikoni ibera muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo(RDC). Aba barozi bose bakoze agashya kumanywa y’ihangu mu mujyi rwagati kuwa 27 Mutarama uyu mwaka

Nkuko tubikesha ikinyamakuru kossyderrickent, kiravuga ko abari bitabiriye iyi nama bose baje bambaye imyambaro itukura cyangwa umuhondo maze ubwo bageraga aho bari bateguye guhurira buri wese akagenda yerekana icyo ashoboye. Nyuma y’ibikorwa bitangaje kandi bidasanzwe bakoze izuba riva harimo nko kugenda baguruka mu kirere abantu benshi barabyishimiye.

Nubwo bamwe bakunze ibi bikorwa by’aba bapfumu nabarozi ,ariko banavuze ko imbaraga zabo bakagombye kuzikoresha mu byiza aho kuzikoresha mu bikorwa by’ubugiranabi.

Abarizi, abapfumu n’abakonikoni bariyerekanye karahava (Net-photo)