Indirimbo ya Meddy ikomeje kuvugisha benshi ari nako iteranya abatari kubyiyumvisha kuko ingingo ya Views yakaze benshi basanzwe baba mu myidagaduro.
Bwana Olivier Nduhungirehe ahagarariye u Rwanda mu bihugu birimo Netherlands, Estonia, Latvia, na Lithuania. Yanditse ati:’’My vow yujuje miliyoni ebyiri mu minsi itanu ariko izaca utundi duhigo mu minsi iri imbere kuko iri gufasha abantu bari bafite ubukwe bukaba butarabaye’’.
This is an impressive performance by @Meddyonly