Yajyanwe kwa muganga igitaraganya nyuma yo kuryamana n'abagabo 583

Yajyanwe kwa muganga igitaraganya nyuma yo kuryamana n'abagabo 583

 May 27, 2025 - 08:14

Annie Knight, umukobwa w'imyaka 27 y'amavuko ukomoka muri Australia akomeje kugarukwaho cyane ku mbuga nkoranyambaga nyuma y'uko aryamanye n'abagabo 583 mu masaha atandatu gusa, bikamuviramo kujyanwa kwa muganga.

Ni igikorwa cyabaye ku wa 18 Gicurasi 2025, aho uyu mugore yari yeyemeje kuryamana n'abagabo 1000 mu masaha 24 yonyine, bigatuma ahita aca agahigo k'umugore waryamanye n'abagabo benshi mu gihe gito.

Icyo gihe abagabo bagera ku 2000 b'abakorerabushake niba bari biyemeje kuryamana nawe, mu rwego rwo kumufasha kugera ku ntego ze.

Buri mugabo wese babaga bagiye kuryamana yabaga ategetswe gukoresha ubwirinzi, aho hari hashyizweho itsinda rishinzwe kugenzura ko abo bagabo bashyira mu bikorwa izo ngamba z'ubwirinzi.

Icyakora ntibyaje kumuhira kuko ubwo igikorwa cyari kirimbanije ageze ku bagabo 583, uyu mugore yatangiye kuva amaraso cyane bikabije bituma ahita ajyanwa kwa muganga igitaraganya.

Aganira n'ikinyamakuru The Mirror US, Annie yavuze ko kujyanwa kwa muganga bitatewe n'umubare w'abo bagabo baryamanye, ahubwo yari asanzwe afite ibindi bibazo by'ubuzima bimutera kuva amaraso cyane bikajyana n'uburibwe bukabije byatangiye kumuzonga kuva muri Mutarama 2025.

Yavuze ko kandi nubwo byamuteye uburibwe bukabije ariko ntabwo yicuza kuba yarabikoze.

Annie Knight afite intego yo kuzaryamana n'abagabo 1000 mu masaha 24