Uyu muhanzikazi yasobanuyeko impamvu akora umuziki aba agamije gushimisha imitima y’abumva ibihangano bye. Ati:”Nasanze impano yanjye yafasha benshi’.
Ni umuhanzikazi uhamya ko nta kipe afite imufasha mu muziki. Ati:”Mbona ahantu hari ubushake ntakinanirana. Nkuko mubizi umuziki urahenda hari igihe uba wumva warangije hakaza ibindi bisaba amafaranga. Ariko iyo Imana igushyigikiye ntakikunanira”.
Reba hano indirimbo ya Ash Tete
