Aya marushanwa yatangijwe nk’imyidagaduro ariko ubu yaramamaye ku rwego mpuzamahanga, akurura abitabiriye baturutse mu bihugu bitandukanye ndetse n’abafana benshi bishimiye ubutwari n’ubuhanga bwo gutwara abagore babo.
Abatsinze bahabwa ibihembo birimo amafaranga, ibinyobwa by’icyo gihugu, ndetse rimwe na rimwe n’abagore bashya bishingiye ku mategeko y’amarushanwa.
Si ibyo gusa, aya marushanwa kandi afasha guteza imbere ubukerarugendo bwa Finland, kuko ba mukerarugendo baza kureba abashakanye banyura mu mbogamizi bitangaje, banishimira ibirori byuzuyemo umuziki, imbyino n’ibiryo gakondo.
Ni igikorwa kidasanzwe cyerekana imbaraga, ubuhanga, n’ubucuti mpuzamahanga.

Irushanwa ritangaje ribera muri Finland

