Umwe mu bagore yabyariye, yitambitse umugambi wa Jonathan wo gukomeza kubyara amushyikiriza urukiko yivuye inyuma ashingiye ku kuba abona iyi ngeso ko atari nziza.
Ati: “Ntibyumvikana uburyo umuntu ashobora gufata icyemezo cyo kugenda atanga intanga hirya no hino nk’ukwirakwiza amavuta yo guteka, ashimangira ko ibi byazagira ingaruka ku bana bavuka muri ubu buryo.”
Kubera ko uyu mugabo yatanganga intanga yabeshye amakuru y'abo yazihaye, mu guhoshya amakimbirane, Urukiko rwanzuye ko Jonathan atazongera gutanga intanga ukundi.
Mu busanzwe,umugabo ntiyemerewe gutanga intanga zavamo abana barenze 25 kandi akaziha abagore batarenze 12.