Mbosso yageneye ubutumwa bwihariye umuhanzi D Voice, agendeye ku ntsinzi y'indirimbo yabo bakoranye, “Tunapendana”.
Abinyujije kuri Instagram ye, Mbosso yasobanuye uburyo iyi ndirimbo yakunzwe ku rubuga rwa YouTube, igafata umwanya wa mbere mu byumweru birenga bibiri n'iminsi itanu kuri urwo rubuga mbere yo gukurwaho ikabura amezi arenga abiri n'igice.
Nubwo iyo ndirimbo yahuye n’ibyo bibazo, Mbosso yashimangiye ko indirimbo yakomeje kuba nziza, ashimira abafana kuba barayakiranye nyombi.
Icyakora, yerekanye ko D Voice adakwiye gutegereza ibihembo kubera iyi ndirimbo, kubera ko we (Mbosso) tagira amahirwe yo guhabwa ibihembo.
Ku ruhande D Voice, yahise asubiza ashimira Mbosso ku bw’uwo mwanya yafashe amuha ubwo butumwa.
Ni mu gihe kandi ibyo Mbosso yabivuze nyamara iyi ndirimbo Tunapendana yarakomeje kwigarurira imitima ya n’ubwo yahuye n’ibibazo birimo no gukurwa ku rubuga rwa YouTube.
