Ubwo yaganiraga n’abanyamakuru arimo kunyura ku itapo y’ubururu muri ryo joro rya Trace Awards, Diamond yasobanuye neza ko impamvu yabikoze ari ukubahisha igihugu cye.
Yaragize ati:“Urabizi ko ariho abantu baba bahanze amaso, bityo ugomba gushora imari ku buryo abantu babibona bikazan icyubahiro ku gihugu, ndetse n’umuziki wacu.”
Iyo ngiye ahantu, nkunda gukora ikindi kintu gitandukanye, naribajije nti: “ni iki ngomba gukora nuko mbona ko mu bintu bidasanzwe mbona ko ngomba kujyana imodoka kuko ntabwo abantu bose bashobora kubikora, nahisemo kubikora kandi nshimishijwe nuko abantu babyakiriye uko nabishakaga”.
