Barack Obama yacecekesheje abageraga intorezo urugo rwe

Barack Obama yacecekesheje abageraga intorezo urugo rwe

 Feb 17, 2025 - 19:50

Ubutumwa uwahoze ari Perezida wa Leta zunze ubumwe za Amerika, Barack Obama aherutse kwandikira umugore we Michelle Obama, bukomeje kuvugisha benshi ku mbuga nkoranyambaga, ndetse bunacecekesha ibihuha byageraga ishoka urushako rwabo.

Ni ubutumwa Obama yanditse  ku mbuga nkoranyambaga ze ku munsi w'abakundana agira ati: “Imyaka mirongo itatu n’ibiri tirikumwe kandi uracyambuza amahwemo. Umunsi mwiza w’abakundana.”

Ni ubutumwa bwavugishije benshi, ndetse buca intege ibihuha bivuga ko bombi bateganya gutandukana.

Barack Obama n'umugore we baciye intege ibihuha bya gatanya 

Barack na Michelle Obama bashakanye ku ya 3 Ukwakira 1992, babyarana abana babiri: Malia Obama wavutse 1998 na Sasha Obama wavutse muri 2001.

Barack Obama yatomagije umugore ku munsi w'abakundana