Abakinnyi babiri ba Ugand Cranes Muzamiru Mutyaba na Emmanuel Okwi bari basinyiye Kiyovu Sport ariko ntibabashe kugerera I Kigali ku gihe ubu bamaze kugera I Kigali banatangira imyitozo na Kiyovu Sport.
Kiyovu Sport yaguze abakinnyi none amaso yaheze mu kirere
Ni nyuma yuko abakunzi ba Kiyovu Sport bibazaga impamvu bataragera mu ikipe nyamara Shampiyona ikaba yari yegereje gutangira aho izatangira kuri uyu wagatandatu aho Kiyovu Sport izaba yakiriye Gorilla Fc.