Confy yerekeje mu mahanga

Confy yerekeje mu mahanga

 Apr 5, 2023 - 13:14

Umuhanzi uri mu bagezweho Confy yagiye kugira imishinga akorera mu gihugu cya Tanzania aho agiye asanga bagenzi be bw'abanyarwanda aribo Bruce Melodie na Element.

Umuririmbyi Confy ukunzwe mu ndirimbo nka Pole Pole, Komusa ndetse n'izindi nyinshi, yageze mu gihugu cya Tanzania gukorerayo imishinga.

Confy yageze mu gihugu cya Tanzania aho agiye asanzeyo abahanzi nka Bruce Melodie na Element bamazeyo iminsi mike.

Bruce Melodie na Element yerekeje muri iki gihugu cya Tanzania kurangiza imishinga bakoranye na Harmonize ubwo yazaga mu Rwanda mu ntangiriro z'uyu mwaka. 

Amakuru The choice live yamenye, ni uko uyu muhanzi Confy nawe agiye gukorerayo imishinga y'indirimbo. 

View this post on Instagram

A post shared by The Choice (@thechoice_live)