Perezida wa Espoir FC Kamuzinzi Godefroid yamaze kwegura nyuma y’ibabazo bimaze iminsi muri iyi kipe.
Kamuzinzi Godefroid akaba yeguye nyuma yaho n'ubundi yari yeguye umwaka ushize kubera amafaranga macye bahabwaga na Karere ka Rusizi.
Kamuzinzi Godefroid mu ibaruwa yandikiye ubuyobozi bwa Karere ka Rusizi yavuze yeguye kubera impamvu ze bwite.
Mu Rwanda muri iyi minsi hari inkundura y’abayobozi barimo kwegura mu makipe,abaherukaga ni komite ya Gicumbi FC.
Perezida wa Espiloir FC Kamuzinzi yeguye
Ibaruwa y'ubwegure bwa Kamuzinzi Godefroid
