N'ubwo batandukanye, Ekkachai yavuze ko yishimiye ibyo bagezeho, avuga ko ibyabaye ari ibintu bidasanzwe mu buzima. Aba bombi mbere bari barashyizeho akandi gahigo muri 2011 basomana amasaha 46 n'iminota 24 mbere yuko ari bo bongera kwikuriraho agahigo kabo muri 2013.
Nyuma y'imyaka 12 baciye agahigo ko gusomana igihe kirekire batandukanye
Agahigo kabo nta wundi muntu uragakuraho kuko Guinness World Records yahagaritse gukomeza gushaka uduhigo mu bijyanye no gusomana kubera impamvu z'umutekano.
