Uyu munyamakuru yagize ati:’’abantu banabimenye indirimbo za Niyo Bosco zirakunzwe cyane mu Bufaransa kandi dufitanye amasezerano bashobora gukoresha ibihangano bye mu mishinga yabo’’.

Hon. Bamporiki yashimye inganzo ya Niyo Bosco
Agaruka kuri iyi ndirimbo yanasobanuye ko’’Ubutsinzi’’ yayikoze yishyuwe n’umuntu utuye Canada wifuzaga ko ibyo akora byihuta ariko uburyo akunda Niyo Bosco byamuteye kumwishyura aririmba iyo ndirimbo.
Reba hano ikiganiro asobanuramo iby’amasezerano bafitanye na PSG
