Uko abahanzi nyarwanda bahagaze kuri Audiomack muri iki cyumweru

Uko abahanzi nyarwanda bahagaze kuri Audiomack muri iki cyumweru

 Aug 29, 2025 - 21:18

Umuziki nyarwanda ukomeje kwigaragaza ku mbuga mpuzamahanga zitandukanye zicururizwaho umuziki, aho bamwe mu bahanzi bakomeje kwigarurira imitima y’abakunzi b’umuziki binyuze ku mbuga nka Audiomack

Muri iki cyumweru, umuhanzi Kevin Kade ni we uyoboye urutonde rw’indirimbo nyarwanda zumviswe cyane, aho indirimbo ye Nyanja yitwaye neza kurusha izindi.

Dore uko urutonde rwa 10 ba mbere ruhagaze:

1. Nyanja – Kevin Kade

2. Molela – Ross Kana

3. Show y’Ingwe – Yampano Wa Boi ft Uncle Austin

4. Umeze Bon? – Rlutta

5. Mama – Kivumbi King ft Mike Kayihura

6. Repete – General Benda ft Call Me Diezdola

7. Kuba Nisindiye – Bruce Melodie

8. Tsunami – Run Up

9. Aah – Olima

10. Mu mavi – Yagoft Okkam

Ibi byerekana uko indirimbo nshya n’abahanzi bakizamuka bakomeje kwishimira kwigarurira imitima ya benshi ndetse bikaba bigaragaza uburyo uruganda rw’umuziki nyarwanda rukomeje gutera imbere ku rwego mpuzamahanga.

Kevin Kade ni we uyoboye abahanzi nyarwanda bumviswe cyane ku rubuga rwa Audiomack muri iki cyumweru

Uko ni ko abahanzi nyarwanda bakurikrana kuri Audiomack muri iki cyumweru